Ephrem Kayiranga
5,968 posts
DUM SPIRO, SPERO, Tant que je réspire, j'éspère
Journalist, Radio/ TV 10 Kigali Rwanda
Kigali
Joined August 2017
- My thoughts and prayers are with you my brothers Ricard, Reagan, Jangwanovich Nta mvura idahita, nta zuba ritarenga
- Umutoza wa @rayon_sports Robertinho yaraye asubiye iwabo muri Brazil mu biruhuko Agiye ikipe ye isubukura imyitozo uyu munsi Sellami niwe usigara akoresha imyitozo Amakuru aravuga ko Biteganijwe ko azagaruka yongera amasezerano,azatoza match ya Police @Radiotv10rwanda
- Nzagukunda ubure ubuhungiro . 24.8.2019 , imyaka itatu byemewe n'amategeko n'ababyeyi.
- Niko byagenze? Darko Novic yagiye gusimbuza Ruboneka ubwo byari 1-1, Captain Niyomugabo aza yiruka arabyanga,Darko nawe arabyanga, rubura gica,Chairman wa APR nawe yanga ko Ruboneka avamo,birangira havuyemo Arsen, Darko ahabwa Buu Ruboneka yaje gutsinda igitego cy'intsinzi(94')
- Umuntu wo muri Police FC ambajije ikibazo ati " hagendewe kuki bafata aya makipe, kuki batafashe twebwe twatwaye icy'amahoro twanatangiye imyitozo ngo duhure na APR FC yatwaye shampiyona, bakajya kuri Rayon idafite abakinnyi, nta n'icyo yatwaye"? Mumfashe kumusubiza @ISHUSHOTV
- Captain wa Rayon Sports FC Muhire Kevin avuze ko captain wa APR FC Niyomugabo Claude yamuburiye ko Thaddeo Lwanga ashaka kumuvuna ngo ave mu kibuga Ngo impamvu yamuburiye ni uko bafite imikino ya CHAN kandi bamukeneye .@Radiotv10rwanda
- Abantu babwira Adil ibyo amaradio yavuze mushobora kuba mumubeshya. Niba ari ukuri yatanga ikirego cy'ibyo abeshyerwa. Ariko na none ibitangazamakuru bimwe ntibyatuma ibindi bidahabwa interview. @aprfcofficial3 @flashfmrw @FERWAFA
00:00 - It was great working in Flash for 7years, 3 months, the company have truly made a lasting impact on me,and has changed me for the better in many ways. I'll always be grateful to have worked with each and every one there. Thx @flashfmrw , Thx MZEI KAMANZI LOUIS @LouisCeo
- Biravugwa : Hari abantu bamwe barimo abahoze ari aba-Rayon n'abakiribo bashobora kuba basabye @alhilalliby amafaranga ibihumbi 20 $ ngo bayanyanyagize mu bakinnyi ba @rayon_sports bazitsindishe (ntibarayahabwa) Aya makuru yageze muri Rayon yatangiye no gukurikirana @flashfmrw
- Banyamakuru bagenzi banjye musubize inkota mu urwubati, dusubire ku ntego z'umwuga, tureke kwiha rubanda ducanamo. Muri gutiza umurindi abari inyuma yabyo bakumva ko bageze ku ntsinzi. @RMC_Rwanda @flashfmrw #Ajspor


























