PRESS RELESE:
PAC to kick off public hearings for 76 entities over Auditor General’s findings
The Public Accounts Committee (PAC) of the Chamber of Deputies will hold public hearings from 25 June to 10 July 2026, during which 76 public institutions will be called to account for
Rwanda Parliament
34.5K posts
Official Twitter Handle of The Parliament of Rwanda (Senate & Chamber of Deputies). Email:[email protected]
- ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU PAC iratangira kubariza mu ruhame inzego n’ibigo 76 Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) igiye gutangira igikorwa cyo kubariza mu ruhame, kuva ku wa 25 Kamena kugeza ku wa 10 Nyakanga 2026, aho inzego
- Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027 ingana na miliyari 7,796.3 z'amafaranga y'u Rwanda, yiyongereyeho 12% ugereranyije n’ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026. - - - The Chamber of Deputies approved
- Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yatoye amategeko atandukanye yemera kwemeza burundu amasezerano y’inguzanyo n’impano u Rwanda rwashyizeho umukono. Bimwe mu bikorwa bizakoreshwa izi nguzanyo n’impano harimo : ➡️Kongera ingano y’amazi ya Muvumba hagamijwe kongera amazi
- Abasenateri ba Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano basoje igikorwa cyo gusura uturere twatoranyijwe, bagenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo gukumira ibiza. Basuye ibikorwa byo gukumira no kubaka ubudahangarwa ku biza, banasura ahantu hagiyeAbasenateri bagize Komisiyo ya Sena y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano batangiye kugenzura uko ingamba zo gukumira ingaruka ziterwa n’ibiza zishyirwa mu bikorwa. Muri iki gikorwa Abasenateri bazasura Uturere 9 dukunze guhura n'ibiza. #SenateriMuBaturage
- Abadepite na Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage batangiye ingendo mu Turere hagamijwe kureba ishyirwa mu bikorwa ry'imyanzuro y'Inteko Rusange y'Umutwe w'Abadepite irimo: ➡️Umwanzuro ujyanye no gukurikirana ikibazo cy'ubusinzi n'ikoreshwa ry'ibiyobyabwenge bikomeje kwangiza
- Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano bakomeje ingendo mu Turere hagamijwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry'ingamba zo gukumira no guhangana n'ibiza: Mu turere twa @NyagatareDistr & @Nyamagabe, abagize komite zibishinzwe basabyeAbasenateri bagize Komisiyo ya Sena y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano batangiye kugenzura uko ingamba zo gukumira ingaruka ziterwa n’ibiza zishyirwa mu bikorwa. Muri iki gikorwa Abasenateri bazasura Uturere 9 dukunze guhura n'ibiza. #SenateriMuBaturage
- Icyumweru cyiza! Wenda ntiwabonye umwanya kubera akazi, uyu munsi waruhutse. Reba iyi video ku ruhare rwawe n’urw’urubyiruko, by’umwihariko, mu itegurwa ry’ingengo y’imari. 👉🏽 youtu.be/E1V2N06tiZA?si… #intekonnect
00:00
00:37📢 Yasohotse: #intekonnect Ijwi ryawe ni iry’agaciro: Gutegura ingengo y’imari ya leta bitangirira kuri wowe. Umva ikiganiro cyose: youtu.be/E1V2N06tiZA?si… - Before the draft law determining the State budget is adopted, it must be examined by the relevant committee. What is the purpose of this? Welcome to #IntekoIn60Secs --- Mbere y’uko umushinga w'itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta utorwa, ubanza gusuzumwa na Komisiyo ibifite mu
00:00 - Inteko rusange ya Sena yemeje ishyirwaho ry’abayobozi banyuranye barimo abambasaderi n’abayobozi b’ibigo n’inzego.The Senate, during its Plenary Sitting, approved the appointments of senior government officials, including Ambassadors Designate and Heads of Public Institutions.
- Abadepite bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano basabye Minisitiri @RwandaLocalGov, Dominique Habimana, gukomeza gushyira imbaraga mu kwigisha abaturage no kongerera ubumenyi abakozi b’inzego z’ibanze ku kwitegura, gukumira no guhangana n’ibiza biterwa
- The Senate, during its Plenary Sitting, approved the appointments of senior government officials, including Ambassadors Designate and Heads of Public Institutions.Inteko rusange ya Sena yemeje ibitekerezo ku mushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027 aho yasanze isaranganyijwe hashingiwe ku bikorwa by’ingenzi bizafasha kwihutisha iterambere ry’ubukungu bijyanye n’ibiteganyijwe na NST2(2024-2029). Ibikorwa
- Today, Speaker Kazarwa Gertrude and Deputy Speaker Uwineza Beline met with Fatmata Lovetta Sesay, the @UNDP_Rwanda Resident Representative, to advance parliamentary digital transformation and enhance efficiency and citizen engagement.






























