BIRABABAJE
======
Kubona umuntu yizigamira muri @RSSB_Rwanda agasaza nabi abunza imbehe mu bakazana ngo ni uko yatinze gusaba ibye! Aya mategeko yaba ari akandare! Ibisubizo mwahaye @ChallUmurerwa sinanyuzwe,uyu musaza koko ubu abure amafaranga ye yizigamye!
@RwandaLabour
Ubundi ko Abadepite ari intumwa za Rubanda kandi bakaba ari abaturage ubu ibi bintu wamugani mwarabibatumye! Cardinal nanjye ndamushyigikiye. Sinajyaga nkunda kugaragaza uruhande ariko kuri iyi nshuro munyihanganire.
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ari kumwe na madamu we, bitabiriye ihuriro rya 18 rya Unity Club Intwararumuri. Iri huriro rihuza abantu batandukanye barimo abayobozi n'abigeze kuba abayobozi ndetse n’abo bashakanye.