Today, Mayor @promulindwa attended the signing of Memorandum of Understanding (MoU) by the Minister of Education @JoNsengimana with the High Commission of India to Rwanda @IndiaKigali to support the construction of additional classrooms in Rubavu District.
Rubavu District
12.3K posts
The official X account of Rubavu District, Government of Rwanda | Akarere ka Rubavu #InganjiZaRubavu# 📞 1020 Email: [email protected]
- Rubavu District repostedToday, Minister of Education @JoNsengimana signed a Memorandum of Understanding (MoU) with the High Commission of India to Rwanda @IndiaKigali to support the construction of additional classrooms in @RubavuDistrict.
- Aka kanya ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Commune Rouge ruherereye mu Murenge wa Gisenyi hari kubera igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Abagore n'abana bazize Jenoside Yakorewe abatutsi mu 1994. #Kwibuka32 #KwibukaTwiyubakaReplying to @RubavuDistrict and @Deonzabo2Perezida wa Ibuka mu Karere Mbarushimana Gerard yavuze ko "N'ubwo abagore benshi bagaragaje ubutwari muri Jenoside, hari n'abandi bagize uruhare mu kuyitegura no kuyishyira mu bikorwa. Bishe ababo, batanga amakuru y’aho Abatutsi bihishe n'ibindi bindi bikorwa by'ubugome bakoze."Umuhuzabikorwabikorwa w'Inama y'Igihugu y'Abagore muri @RwandaWest Bagirinka Vestine yagaragaje ko bikwiye guharanira ko imiryango iba igicumbi gitorezwamo indangagaciro z'Ubunyarwanda haherewe mu rugo, kuko urugo ni igihugu kandi uwubatse urugo rwiza aba yubatse Igihugu kiza.
- Rubavu District repostedThere are currently no cases in Rwanda and no active cases in areas bordering Rwanda. While the risk is low, Rwanda remains vigilant and continues to strengthen surveillance and preparedness. **** Nta murwayi wa Ebola uri mu Rwanda cyangwa mu duce bihana imbibi kugeza ubu. Nubwo
- Rubavu District repostedKuri iki gicamunsi Inteko Rusange y'Ishyirahamwe ry'Uturere n'Umujyi wa Kigali (RALGA) yateranye isuzuma raporo y'ibikorwa y'umwaka wa 2025/2026; Raporo ya Komite Ngenzuzi ku ikoreshwa ry'umutungo w'ishyirahamwe mu mwaka wa 2025/2026; Ndetse yemeza gahunda y'ibikorwa
- Rubavu District repostedMinisitiri Yusuf Murangwa yagejeje kuri Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya Leta umushinga w’itegeko rigena Ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2026/27 kugira ngo usuzumirwe hamwe mu buryo bwimbitse. Iri sesengura rigamije kugenzura ko ingengo y’imari iteganyijwe
- Uyu munsi, Visi Meya ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu yayoboye inama ya Komite ya gahunda yo kwikura mu bukene y'igihembwe cya IV 2025/2026, hagamijwe gusuzuma aho igeze n'ingamba zo kwihutisha guhuza abagenerwabikorwa n'amahirwe atandukanye abafasha kwigira no kwiteza imbere.
- Ubuyobozi bw'Akarere bufatanyije na Komite ya Ibuka bubatumiye mu gikorwa cyo Kwibuka abagore n'abana bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Iki gikorwa kizabera ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Commune Rouge kuwa Gatatu tariki 17 Kamena 2026 guhera saa tatu za mu gitondo(09h00).
- Rubavu District repostedKigali: Hateraniye Inama Nyunguranabitekerezo ku Mikorere n'Imitangire ya Serivisi mu Nzego z'Ibanze yateguwe n'Ishyirahamwe ry'Uturere n'Umujyi wa Kigali (RALGA). Iyi nama yahuje Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu @Dominiquehab, ba Guverineri b'Intara, Abayobozi b'Inzego
- Uyu munsi, Umuyobozi w'Akarere @promulindwa yakiriye itsinda ry'Abasenateri Sen. @cmurigande na Sen. @R_Amandin bagize Komisiyo y'Ububanyi n'Amahanga, baje mu bugenzuzi ku ishyirwa mu bikorwa ry'ingamba zo gukumira ingaruka ziterwa n'ibiza, hagamijwe kureba ahakorerwa ubuvugizi.
- Rubavu District repostedEnsuring children thrive requires both nutritional support and joyful engagement! We support families in @RubavuDistrict with nourishing meals while boosting early childhood growth through games and playful dialogue. Nurturing happy minds and healthy bodies. #SolutionsForImpact
- Kuri iki Cyumweru, Visi Meya ushinzwe imibereho myiza @Ishi_pacy n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa @RuhamyambugaOl1 bifatanyije n'Abasiporotifu batabigize umwuga #Kwibuka32 abasiporotifu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Iki gikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Commune Rouge.Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza @Ishi_pacy yagaragaje ko n'ubwo amateka y'u Rwanda ashaririye ariko Abanyarwanda dukwiye guhora twibuka Jenoside yakorewe abatutsi kugira ngo bidufashe kuzirikana ko u Rwanda rutazazima.Igikorwa cyo Kwibuka cyasojwe n'umukino wahuje UBUMWE FC na Vieux Lions aho ikipe ya Vieux Lions yegukanye igikombe.



























































