Kubarura ahantu hose hafite ibyago byo guhura n’ibiza kugira ngo habeho iteganyabikorwa ry’uko byakumirwa, ni imwe mu ngamba zashimwe n’Abasenateri ba Komisiyo ya Sena y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano ubwo basuraga @GasaboDistrict.
Mu zindi ngamba
Abasenateri bagize Komisiyo ya Sena y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano batangiye kugenzura uko ingamba zo gukumira ingaruka ziterwa n’ibiza zishyirwa mu bikorwa. Muri iki gikorwa Abasenateri bazasura Uturere 9 dukunze guhura n'ibiza.
#SenateriMuBaturage





























